UMURYANGO WA BIBILIYA MU RWANDA WABONYE UMUNYAMABANGA MUSHYA

Uyu munsi tariki ya 07/07/2017, inama y’Inteko Rusange y’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda yemeje Pasteur MUKAMAKUZA Teresa nk’Umunyamabanga mushya w’uwo muryango. Pasteur Teresa yize Ubucuruzi n’Ibaruramari mu mashuli yisumbuye, afite kandi License muri Tewolojiya, Maitrise muri Tewolojiya n’Amajyambere ndetse arimo gukorera PhD mu bijyanye n’Iterambere. Yakoze imirimo itandukanye ya gishumba mu Itorero rye ry’Abaperesibiteriyeni harimo…

Read More

Mu mikino ya “Amashuri Kagame Cup” ikipe ya hand-ball y’abakobwa ya Hanika AIP-Ishuli rya EAR Diyoseze Shyogwe yabaye iya mbere yegukana igikombe n’amafaranga ibihumbi 500

Imikino Mpuzamashuri ya 2017 yiswe “Amashuri Kagame Cup” yaberaga hirya no hino mu Rwanda yasorejwe mu Karere ka Huye mu mpera z’icyumweru gishize, aho ikipe ya hand-ball y’abakobwa ya Hanika AIP-Ishuli rya EAR Diyoseze Shyogwe yabaye iya mbere yegukana igikombe n’amafaranga 500.000 Muri iyi mikino ikipe ya kabiri

Read More