ANGLICAN CHURCH OF RWANDA, SHYOGWE DIOCESE

IGITERANE CY’ ABANYAMASENGESHO, SHYOGWE, KU WA 8-11/8/2017

IGITERANE CY’ ABANYAMASENGESHO

ku rwego rwa Diyoseze. Icyo giterane gifite intego igira iti: “Nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa , mubabatiza mu Izina rya Data wa twese n’ Umwana n’ Umwuka Wera, mubigisha kwitondera ibyo nababwiye byose kandi dore ndi kumwe namwe iminsi yose kugeza ku mperuka y’ isi” (Mt.28:10-20). Iki giterane cyafunguwe ku mugaragaro na Nyiricyubahiro Umwepisikopi wa Diyoseze ya Shyogwe ku wa gatatu tariki ya 08 Kanama 2017. Abanyamasengesho bakitabiriye babonye umwanya wo kuganira ku murimo ukomeye bakora no guhabwa inyigisho zitandukanye. Muri izo nyigisho twavuga izi zikurikira:

Iki giterane na none ni umwanya abanyamasengesho bo muri Diyoseze ya Shyogwe babonye ngo bahane ubuhamya ku imbaraga ziva mu gusenga.  Ni umwanya w’impuguro, kuramya no guhimbaza Imana ndetse no gusengera  ibyifuzo binyuranye byaba iby’abantu ku giti cyabo, igihugu ndetse n’Itorero.

Exit mobile version