Ku munsi wa nyuma w’igiterane cyahuzaga abapasiteri n’abasenyeri bose b’Itorero Angilikani mu Rwanda, Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo aherekejwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Umuyobozi w’Ingabo muri Muhanga na Kamonyi ndetse n’Umujyanama wa Guverineri baje kuramutsa abitabiriye igiterane. Abo bayobozi bose bashimiye byimazeyo abo bakozi b’Imana uruhare rukomeye Itorero Angilikani mu Rwanda rigira mu gushyigikira ibikorwa bya Leta…
Read More- ABOUT US
- ANNOUNCEMENTS
- ARCHDEACONRIES
- FRUIT PROCESSING UNIT
- HALLELUJAH GUESTHOUSE
- HEALTH SERVICES
- MU
- NEWS
- OFFICIAL DOCUMENTS
- PARISHES
- PARTNERS
- QUICK LINKS
- SCHOOLS
- STAFF
- HOME